GASABO SERIVISE ZITANGWA NAKARERE KA GASABO SERIVISE ZITANGIRWA
GASABO
SERIVISE ZITANGWA N’AKARERE KA GASABO SERIVISE ZITANGIRWA KU KAGARI K’UMUJYI(GASABO)
• Gusaba ibyemezo by’irangamimerere SERIVISE ITANGWA IBISABWA 1. AMAFA RANGA IGIHE ASABW NTARENGWA A Uwo munsi Gusaba Ku bantu bakuru: icyemezo Kwishyura amafaranga 1, 200 1500 Frw cy'abasaba kuri konti y’Akarere urushushya rwo Ifoto imwe y’amabara ifite inyuma kujya mu h‘umweru mahanga Kwerekana Irangamumuntu cyangwa icyemezo gitangwa (Abaturage bo cyiciro n’Umurenge cy’uko yabuze cya mbere bose bajyabahabwa serivise y’ubuntu) Ku bana bari munsi y’imyaka 16: Icyemezo cy’amavuko Icyemezo cy’uko ababyeyi bashakanye Kopi y’indangamuntu z’ababyeyi
2. 3. 4. 500 Frw Uwo munsi Abagabo batatu babihamya mu nyandiko imbere y’ Umunyabanga iyo ibisabwa Nshingwabikorwa w’Akagari. Ibi byose kandi bishobora no gukorerwa byubahirijwe imbere y’Umukuru w’Umudugudu akabisinyira. Kopi y’indangamuntu kuri buri wese. Icyemezo Ikayi y’Umudugudu irimo amakuru 1500 Frw Uwo munsi iyo cy'uko umuntu iyo umuntu yaguye mu rugo, ibisabwa byose yapfuye Icyemezo cya Muganga iyo umuntu byubahirijwe yaguye mu bitaro, Icyemezo cy’Urukiko iyo umuntu amaze igihe kinini yitabye imana. Iyo Icyemezo Kwiyizira ku Kagari Uwo munsi iyo cy’uko Fotokopi y’Indangamuntu na orijinari gikoresh ibisabwa wa kuri byose umuntu ariho Ku bagororwa, gereza igomba kwemeza ko uwo muntu afunze koko RSSB ni byubahirijwe ubuntu. Iyo ari ahandi Icyemezo cy'uko uri ingaragu
5. 6. 7. Icyemezo Ikayi y’Umudugudu itanga cy'uko umuntu amakuru kuri icyo kibazo yabuze ibyangombwa n’izindi mpapuro Icyemezo cy’ibitaro cyangwa ifishi cy'amavuko yo gukingira y’umwana Indangamuntu ku bantu bakuru Ikayi y’Umudugudu irimo amakuru Icyemezo gihesha icyemezo cy’irangamime rere nyuma yo gutandukana n’uwo bashakanye Ntayo Uwo munsi iyo ibisabwa byose byubahirijwe 500 Frw Uwo munsi iyo ibisabwa byose byubahirijwe Kopi y’imyanzuro y’urukiko y’ubutane 1500 Fr Uwo munsi iyo w iriho ho kashe mpuruza ibisabwa byose byubahirijwe Kopi y’Icyangombwa (e. g. Indangamuntu cyangwa Pasiporo) Abagabo 3 bemeza ko yangeye cyangwa atorongera gushaka
8. 9. 10. 1500 Fr Uwo munsi w iyo ibisabwa byose byubahirijwe 500 Frw Uwo munsi iyo Icyemezo Indangamuntu gihesha ibisabwa Ku bafite imyaka 16 batarabona icyemezo byose irangamuntu hashingirwa ku ikayi cy’umwirond y’umudugudu byubahirijwe oro (attestation d’identite complete) Icyemezo Indangamuntu 1500 Fr Uwo munsi iyo gihesha ibisabwa Ikayi y’umudugudu itanga amakuru w icyemezo byose Icyemezo cy’urupfu rw’uwo bari cy’ubupfakazi byubahirijwe barashakanye (attestation de veuvage) Abagabo 3 babyemeza Icyemezo Ikayi y’umudugudu itanga cy’uko utuye amakuru mu kagari Indangamuntu
11. Icyemezo cy’amasano 12. Icyemezo cya polisi cy’uko cy’agategan wataye Indangamuntu yo Ifoto ngufi cy’uwataye irangamuntu Ikayi y’Umudugudu irimo amakuru Indangamuntu 1, 500 Frw Uwo munsi 1500 Fr Uwo munsi w
Imiyoborere myiza 1. 2. 3. 4. SERIVISE ITANGWA IBISABWA Kwakira no Raporo y’Umudugudu. gukemurirwa ikibazo Gutanga icyemezo Inyandiko mvugo y’urubanza gisaba gutererwa kashe mpuruza ku manza za Gacaca Kurangirizwa urubanza Impapuro z’imyanzuro n'izindi mpapuro ziriho y’urubanza ziriho kashe mpuruza Icyemezo cy’abashaka kwiyandikisha gusaba indangamuntu bwa mbere Inyandiko yerekana itariki y’amavuko Ikayi y’umudugudu itanga amakuru IGIHE NTARENGWA Biterwa n’uko ikibazo giteye Bisaba gushakisha amakuru Mu minsi 15 kuva urundi ruhande rwabimenyeshejwe. Ntibirenza amezi 3. Uwo munsi
5. Kumenyesha uwaburanye adahari imyanzuro y’urukiko Impapuro z’imyanzuro y’urubanza Mu munsi 10 6. Gusinyisha inzandiko z'abahamagajwe n'inkiko Impapuro zitumira kwitaba urukiko Imunsi 8 mbere yo kwitaba
SERIVISE ITANGWA Imibereho myiza IBISABWA IGIHE NTARENGWA 1. Gukora urutonde Kuba uri mu cyiciro cya mbere rw'abatishoboye cy‘Ubudehe. Ku badafite icyiciro, (gushyirwa k’urutonde) cyangwa bashyizwe mu cyiciro kitari cyo, Inama y’Umudugudu iraterana ikemeza icyiciro cyabo. Uwo munsi iyo ibisabwa byose byubahirijwe 2. Gufasha abatishoboye Kuba uri mu cyiciro cya mbere mu buryo cy‘Ubudehe butandukanye Uwo munsi iyo ibisabwa byose byubahirijwe 3. Icyemezo cy'uwacitse Icyemezo cya komite y’abacitse ku ku icumu mu kagari Uwo munsi iyo ibisabwa byose byubahirijwe Indangamuntu
SERIVISE ZITANGIRWA K’UMURENGE W’UMUJYI(GASABO)
• IRANGAMIMERERE N’IMPAPURO MPAMO IBISABWA SERIVISE ITANGWA 1. Kwandikish Umukozi a umwana ushinzwe wavutse Irangami merere n’Inyandi ko Mpamo - AMAFAR IGIHE ANGA YISHYUR NTARENGW A WA Icyemezo cya muganga Ntayo w’ibitaro umwana yavukiyemo Indangamuntu z’ababyeyi Ababyeyi bombi barazana iyo batashyingiranywe Icyemezo cy’urukiko iyo kwandikisha byarengeje igihe Icyemezo cyo gushyingirwa Uwo munsi
2. Kwandika abashaka gushyingir wa byemewe n’amategek o Umukozi ushinzw e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo - - - Kuba uhibereye 1500/Agat Uwo munsi Kuba ufite byibura abo imyaka 21 y’amavuko 2400/kwa Icyemezo cy’uko uri ndikwa ingaragu Icyemezo cy’amavuko Kopi y’indangamuntu Icyemezo cy’ubutane cyangwa icyemezo cy’urukiko kiriho kashe mpuruza Icyemezo cyo gushyingirwa n’icyemezo cy’urupfu rw’uwo bashakanye k’uwapfakaye Photos passport/Abageni
3. Gusaba icyemezo cy’ibyandit se mu bitabo by’abashyi ngiranywe imbere y’amategek o (Extrait d’Acte de Marriage) Umukozi ushinzw e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo Indangamuntu Kwerekana igihe wasezeraniye (Agatabo ko gushyingirwa, icyemezo cy’inkwano, etc. ) Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa 2, 400 Frw Uwo munsi 4. Gusaba icyemezo cy‘uko wasezerany e imbereye y’amategek o Umukozi ushinzwe Irangami merere n’Inyandi ko Mpamo - Agatabo ko gushyingirwa (livret de mariage) cyangwa icyemezo cyo gushyingirwa (acte de mariage) Kopi y’indangamuntu cyangwa pasiporo Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa 500 Frw Uwo munsi
5. Gusaba icyemezo cy’uko uri ingaragu 6. Icyemezo cy’uko watanduka nye n’uwo mwashaka nye 7. Icyemezo cyo guseza amasezera no y’abashyin giwe batigeze Umukozi ushinzw e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo Umukozi ushinzwe Irangami merere n’Inyandi ko Mpamo - Kopi y’Irangamuntu 500 Frw cyangwa Pasiporo Icyemezo cyatanzwe n’Akagari cyemeza ko uri ingaragu Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa Uwo munsi Kopi y’Indangamuntu 1. 500 Frw cyangwa Pasiporo Icyemezo cy’ubutane cy’urukiko kiriho kashe mpuruza Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa Kopi y’Icyangombwa (e. g. 1. 500 Frw Uwo munsi Indangamuntu cyangwa Pasiporo) Imyanzuro y’urukiko yo gusesa amasezerano yo gushyingirwa Impapuro zishyuriweho
8. Kwandukuz Umukozi a umuntu ushinzw wapfuye e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo - 9. Icyemezo Umukozi cy’uko umuntu ushinzwe yapfuye Irangami merere n’Inyandi ko Mpamo Icyemezo cya muganga Ntayo Uwo munsi Indangamuntu y’umwimerere y’uwapfuye irasubizwa Abagabo babiri bo kubyemeza Ku muntu waguye mu rugo, abamushyinguye bakora inyandiko mvugo ikemezwa n’Akagari Ku muntu wapfuye hakab hashize igihe kire, hasabwa icyemezo cy’urukiko kiriho kashe mpuruza (iminsi 15) Kuba umuntu yanditse mu 1500 Frws Uwo munsi gitabo cy’abapfuye Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
10. Kwemeza Umuko impapuro zi mpamo ushinz we Iranga mimere re n’Inyan diko Mpamo Impapuro 1. 500 Uwo munsi z’umwimerere na kopi Frw kuri zazo buri kopi Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
11. Icye mezo cyo kuba umubye yi w’umwa na utabyay e Umuk ozi ushinz we Iranga mimer ere n’Inya ndiko Mpam o - Usabirwa kubererwa umubyeyi agamba kuba Ntayo atuye mu murenge cyangwa ariho yabaruwe - Uhagarariye umwana agomba kuba ahari - Abagabo babiri (2) kuri buri ruhande - Ibyangombwa (Indangamuntu cyangwa pasiporo) bya buri wese - Ababyeyi ku mpande zombi bagomba kuba bahari - Icyemezo cy’amavuko cy’umwana - Ku bana bakuru bagomba kuba babyemera Ku babyeyi ku mpande zombi: - Kopi z’Indangamuntu - Icyemezo cy’uko bashyingiranwe, cyangwa ko ari ingaragu - Kuba bahibereye - Icyemezo cy’uko ababyeyi b’umwana babyemera - Icyemezo cy’urupfu iyo ababyeyi bapfuye Ku bashaka kuba babyeyi b’ubumwana - Kuba bahibereye - Kuba abashyingiranwe bamaze imyaka 5 babana neza - Kopi y’Indangamuntu - Kaba barusha nibura imyaka 15 uwo Uw o mu nsi
12. Icyemezo cyo kwemera umwana Umukozi ushinzw e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo - - - Icyemezo cy’amavuko 2400 cyangwa « extrait d’acte de naissance » Ikarita yo gukingira cyangwa icyemezo cya muganga iyo umwana atanditse Indangamuntu z’ababyeyi (orijinari na kopi) Uwo bashakanye agomba kuba ahibereye kimwe na nyina w’umwana Abagabo babiri Iyo uwemerwa ari umuntu mukuru, hagomba icyemezo cy’urukiko Uwo munsi
13. Icyemezo Umukozi cyo kuzungura ushinzw e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo - Uwo munsi 14. Gukemura ibibazo by'abaturage Uwo munsi Imyanzuro y’inama Ntayo y’umuryango yemeza uko izungura rigomba kugenda Icyemezo cy’urupfu cy’uzungurwa Indangamuntu z’abazungura Ibyemezo by’amavuko by’abazungura - Iyo abazungura batagejeje ku myaka y’ubukure (minor) hasabwa icyemezo cy’urukiko. - Abagize umuryango bagomba kuba bahibereye - Icyemezo cy’urukiko iyo harimo amakimbirane Umukozi Raporo y’Akagari igaragaza Ntayo ushinzwe uko ikibazo cyakemuwe Irangami merere n’Inyandi
15. Gutanga Ubujyanama mu mategeko Umukozi Ntabyo ushinzw e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo Ntayo Uwo munsi 16. Icyemezo gisimbura Indangamuntu by’agateganyo Umukozi Icyemezo cya polisi cy’uko ushinzwe wataye Indangamuntu Irangami merere n’Inyandi ko Mpamo 1500 Frws Uwo munsi 17. Kwiyandikis ha gufata Indangamuntu bwa mbere Umukozi ushinzwe Irangami merere n’Inyandi ko Mpamo Ntayo Uwo munsi Kuba ufite imyaka 16 nibura Icyemezo cy’amavuko
18. Kwemeza amasezerano y’ubugure bw’imitungo yimukanwa Umukozi ushinzw e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo 19. Gusaba gushyira umukono ku masezerano y’inguzanyo yatanzwe na Banki Umukozi Amasezerano y’inguzanyo ushinzwe ya banki Irangami Indangamuntu merere Impapuro zishyuriweho n’Inyandi amafaranga asabwa ko Mpamo Indangamuntu 2. 000 Frw Uwo munsi Ubyangombwa by’umutungo Amasezerano y’Ubugure asinyirwa imbere ya Noteri Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa 2. 000 Frw Uwo munsi
20. Gushyira umukono kuri stati z’amashyiraha mwe, amakoperative n’imiryango itegamiye kuri Leta 21. Kwemeza umukono Umukozi ushinzw e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo Umukozi ushinzwe Irangami merere n’Inyandi ko Mpamo 22. Icyemezo Umukozi cy’ubupfakazi ushinzwe (attestation de Irangami veuvage) merere n’Inyandi ko Mpamo Sitati Abanyamuryango bose bagomba kuba bahari Kwishyura amahoro asabwa Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa 5. 000 Frw Uwo munsi kuri buri sitati 1500 Frw kuri buri rupapuro ku zindi nyandiko Indangamuntu Kuba uhibereye Kwishyura amahoro asabwa 1500 Frws Uwo munsi Icyemezo cy’uko yashatse 1. 500 Frw Uwo munsi Icyemezo cy’urupfu rw’uwo bari barashakanye Indangamuntu Icyemezo cy’Akagari Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
23. Icyemezo cyo kutajurira umwanzuro w’abunzi 24. Icyemezo cyo kuba utanditse mu bitabo by’irangamimer ere 25. Icyemezo cyo kwihutisha kubona Indangamu ntu 26. Kurangiza imanza Umukozi ushinzw e Irangami merere n’Inyand iko Mpamo Umukozi ushinzwe Irangami merere n’Inyandi ko Mpamo Umunya mabanga Nshingw - Indangamuntu Icyemezo cy’urukiko rw’Abunzi Ntayo Uwo munsi Indangamuntu, Icyemozo cy’uko yataye indangamuntu, pasiporo cyangwa ikarita y’ishuri Ntayo Uwo munsi Icyemezo cy’urukiko kiriho kashe mpuruza Ntayo Mu minsi 15 kuva igihe urundi ruhande
• Imibereho Myiza SERIVISE ITANGWA 1. Kwishyurira amafaranga y’ishuri imfubyi n’abana batishoboye IBISABWA Umukozi ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage - - - AMAFAR IGIHE ANGA NTARENGW YISHYUR A WA Kuba wanditse Ntayo k’urutonde rw’imfubyi n’abatishoboye, Kubari uri mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri by’Ubudehe Icyemezo cy’uko ari umunyeshuri Indangamuntu z’ababyeyi ku batari imfubyi Uwo munsi
Umukozi ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage 2. Gutanga ubufasha ku batishoboye 3. Gutanga Umukozi ushinzwe ibyangombwa Imibereho Myiza ku y’Abaturage batishoboye mu byiciro bitandukanye 4. Gusaba icyemezo Umukozi ushinzwe Imibereho Myiza Kuba wanditse Ntayo k’urutonde rw’abatishoboy e mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri by’Ubudehe - Raporo y’akagari - Indangamuntu z’ababyeyi ku bana b’abatishoboye - Kuba wanditse Ntayo k’urutonde rw’abatishoboye mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri by’Ubudehe - Raporo y’akagari - Indangamuntu Icyemezo cy’Akagari Ntayo Biterwa n’imiterere y’inkunga n’aho ituruka Uwo munsi
5. Icyemezo cy'uwacitse ku icumu rya jenoside Umukozi ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage Icyemezo cya komite y’abarokotse Jenoside mu Kagari. Icyo cyemezo gisinywaho kandi n’Akagari Ntayo Uwo munsi
• Uburezi SERIVISE ITANGWA 1. Kwakira inyandiko z'abasaba akazi k’ubwarimu IBISABWA Umukozi ushinzwe uburezi mu murenge - - - AMAFAR IGIHE ANGA NTARENGWA YISHYUR WA Ibaruwa isaba Ntayo - Uwo munsi yandikiwe Akarere iyo ari Umwirondoro (CV) ugusimbura Kopi umwarimu y‘impamyabushozi wagiye Ifishi yo gusaba akazi - Muri ya Komisiyo Mutarama y’Abakozi ba Leta iyo ari yujuje, guhindura Kopi y‘Indangamuntu ikigo Amafoto abiri cyangwa y’amabara magufi gusaba akazi bushya.
2. Kwakira no Umukozi ushinzwe gukemura uburezi mu ibibazo murenge by'abarimu n'abanyeshur i - 3. Kwakira Umukozi ushinzwe ababyeyi uburezi mu murenge bafite ibibazo birebana n'amashuri y'abana - Urwandiko Ntayo rwankiwe Umurenge ku barimu, ruriho umukono w’umukuru w’ikigo. Kuza kureba Umukozi ushinzwe uburezi mu murenge ku banyeshuri Indangamanota Ntayo y’umunyeshuri (mu mashuri yisumbuye) Indangamanota y’umwaka wa anyuma yarangije (mu mashuri abanza) Icyemezo cy’ishuri yigagamo (mu mashuri abanza). Uwo munsi Biterwa n’imiterere y’ikibazo
4. Gutanga ibyemezo by'abanyes huri bafashwa n'imishinga Umukozi ushinzwe uburezi mu murenge 5. Kwakira abakeneye amakuru kw’ibaruris hamibare ry'uburezi Umukozi Nta byo ushinzwe uburezi mu murenge Kuba ufashwa Ntayo Uwo munsi
• Isuku SERIVISE ITANGWA 1. Icyangombwa cy’isuku ku bashaka gutangiza ubucuruzi bukorerwa abantu benshi icyarimwe 2. Gufasha abatsindiye amasoko y’isuku mu ngo kwishyuza IBISABWA Umukozi ushinzwe Ntabyo isuku AMAFAR IGIHE ANGA NTARENGWA YISHYUR WA Ntayo Mu minsi 3 Umukozi ushinzwe Kuba warahawe Ntayo isuku isoko ryo gutwara imyanda yo mu ngo n’Umurenge Mu minsi 3
• Ubutaka SERIVISE ITANGWA 1. Gusaba icyemezo cy’ingwat e ku butaka 2. Gutiza undi ingwat e y’ubut aka Umukozi ushinzwe ubutaka - - AMAFARAN IGIHE GA IBISABWA NTARENG YISHYURW WA A Icyangombwa cy’ubutaka 2. 000 Frw Uwo Impapuro zitangwa na banki munsi zisinye Indangamuntu y’ushaka gutanga ingwate y’ubutaka Kwishyura amafaranga ya noteri w’ubutaka Icyangombwa cy’ubutaka cy’umwimerere Kopi y’icyangombwa cy’ubutaka butizwaho ingwate Kopi y’Indangamuntu kuri buri muntu 2. 000 Frw Uwo munsi
3. Gusab Umukozi a ushinzwe icyem ubutaka ezo cy’um utung o Uwo munsi 4. Guke Umukozi mura ushinzwe ibibaz ubutaka o n'ama kimbir ane ashin giye ku butaka Igisubizo gitangwa bitewe n’uko ikibazo giteye. Bimwe bikemuka Uwo munsi, ibindi bigasaba ko ubutaka Icyemezo cy’Umudugudu 1. 200 Frw cyemeza ko umutungo ari uwa nyir’ugusaba kandi cyasinyweho n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari. Kwishyura amafaranga asabwa kuri konti y’Akarere Icyangombwa cy‘ubutaka Ntayo
5. 6. Gusab a ubure nganzi ra bwo gusan a/kuvu gurura inyuba ko Kwand ikisha ubutak a butaba ruwe Umukozi ushinzwe ubutaka - - Urwandiko rusaba rwandikiwe 1. 200 Umurenge Frw Kopi y’Icyangombwa cy’ubutaka cyanditseho “gutura” Amafoto y’uko inzu iteye (impande zose) Kwishyura imisoro y’ubutaka Kwishyura amafaranga y’icyangombwa Raporo y’isura ry’aho inzu iri. Mu minsi 5 Kopi y’ibiranga nyir’ubutaka/ba 5, 000 nyir'ubutaka Frw Icyemezo cyo kuba washyingiwe/Icyemezo cy’uko uri ingaragu Icyemezo cy’umutungo utimukanwa cyatanzwe n’Ubuyobozi bw’Akagari ubutaka buherereyemo cyemejwe n’Ubuyobozi bw’Umurenge Inyandiko yemeza nimero y’ubutaka (UPI) iyo izwi Iyo nimero y’ubutaka itazwi: Ifishi y'ubutaka (Fiche Cadastrale) yemejwe n'umukuru w'ibiro by’ubutaka by'Akarere na raporo y’ipimwa ry’ubutaka Uwo munsi. Icyangomb wa kiboneka mu byumweru 2
7. Gusaba Umukozi ibyang ushinzw ombwa e by’ubutaka bitasoh otse kandi ubutaka bwarab aruwe Kopi y’ibiranga Ntayo nyir’ubutaka/ba nyir'ubutaka Icyemezo cy’agateganyo gihabwa uwabaruriwe ubutaka Icyemezo gitangwa n’Ubuyobozi bw'Akagari gihamya ko umuntu atafashe ibyangombwa by’ubutaka bya burundu Uwo munsi. Icyang ombwa kibone ka mu byumw eru 2
8. Iherer Umukozi ekany ushinzwe a ubutaka ry’ubu renga nzira ku butak a rishin giye ku bugur e Kopi y’ibiranga uwaguze/abaguze Amasezerano y’ihererekanya ry’uburenganzira ku butaka yakorewe imbere ya noteri w’ubutaka ariho imikono y’impande zombi Ibyangombwa by’ubutaka bwagurishijwe Inyandiko y’ubwumvikane yakorewe imbere ya Noteri igaragaza imigabane buri muntu afite mu gihe mu bagomba kwandikwa ku butaka harimo abanyamahanga bafatanyije ubutaka n’Abanyarwanda cyangwa iyo ari isosiyete y’ubucuruzi, umuryango cyangwa ishyirahamwe bifite ubuzima gatozi abanyamahanga 27, 000 Frw (20, 000 Frw y’iherereka nya, 5, 000 Frw y’icyangom bwa gishya na 2, 000 Frw ya Noteri) yishyurwa kuri konti y’Akarere. Uwo munsi. Icyangom bwa kiboneka mu byumwer u 2
9. Iherer Umukozi ekany ushinzwe a ubutaka ry’ub ureng anzira ku butak a rishin giye kw‘izu ngura - Kopi y’ibiranga umuzungura/abazungura Icyemezocyo kuba warashyingiwe/ Icyemezo cy’uko uri ingaragu cy’umuzungura/ abazungura Inyandiko y’umurage yakorewe imbere ya noteri (Authentic Will)/ inyandiko ihamya abazungura mu gihe nta makimbirane itangwa n’umwanditsi w’irangamimerere cyangwa Icyemezo cy’urukiko cyemeza abazungura n’uburenganzir abafite ku butaka (giherekejwe n’Inyandiko mvugo y’irangizarubanza) mu gihe hari amakimbirane Ibyangombwaby’ubutaka 27, 000 Frw (20, 000 Frw y’iherereka nya, 5, 000 Frw y’icyango mbwa gishya na 2, 000 Frw ya Noteri) yishyurwa kuri konti y’Akarere. Uwo munsi. Icyango mbwa kiboneka mu byumwer u 2
10. Gas aba gusi mbu ra icya ngo mbw a cy’u buta ka cyat akay e/cy angi ritse Umukoz i ushinzw e ubutaka - - Ku byangombwa byatakaye witwaza kitansi y‘itangazo imaze nibura ibyumweru bibiri Icyangombwa cyangiritse iyo gihari Indahiro yakorewe imbere ya noteri w’ubutaka iyo byatakaye 2. 000 Frw yo kwemeza impapuro mpamo Uwo munsi. Icyango mbwa kibonek 5. 000 Frw a mu y’icyango byumwe ru 2 mbwa gishya
• Imisoro n’amahoro SERIVISE ITANGWA 1. Gusaba uburengan zira bwo gutangiza ubucuruzi 2. Kwishyur a umusoro ku butaka 3. Kwishyur a umusoro k’ubukod IBISABWA Umukozi Ushinzwe Imisoro n’Amahoro AMAFARANGA IGIHE YISHYURWA NTARENG WA Kwiyandikisha ku Kuriha ipatanti Uwo ipatanti mu minsi munsi 30 uhereye igihe utangiriye gukora Icyangombwa cy’ubutaka Umusoro ugenwa Uwo na Njyanama munsi y’Akarere Amasezerano y’ubukode Umusoro ubarwa Uwo hakurikijwe agaciro munsi k’ubukode
4. Kwishy ura umusor o k’umut ungo utimuk anwa Umukozi Ushinzwe Imisoro n’Amahoro Icyangombwa Umusoro Uwo cy’umutungo ubarwa munsi utimukanwa hakurikijwe Inyemezamus ubwoko bw’umutungo oro yujujwe utimukanwa neza Raporo y’igenzura ry’agaciro k’umutungo ryakozwe n’impuguke zabiherewe uruhushya (expertise
• Ubuhinzi SERIVISE ITANGWA 1. Gusaba ingemwe z’ibiti zo gutera 2. IBISABWA Umukozi ushinzwe ubuhinzi Uruhush Umukozi ya rwo ushinzwe gutwara ubuhinzi ibikomok a ku biti - AMAFARANG IGIHE A YISHYURWA NTARENGW A Ubutaka Ntayo Ingemwe buterwaho ibiti z’ibiti bugomba kuba ziboneka bwagenzuwe mu kwa n’umukozi cumi ushinzwe amashyamba. Icyangombwa cyo 1. 000 Frw Uwo munsi gusarura ishyamba kuri toni Kuriha amafaranga imwe ipakiye asabwa
• Ubworozi SERIVISE ITANGWA 1. Gusaba Umukozi uruhushya ushinzwe rwo kubaga ubworozi no kugurisha inyama IBISABWA - - - Urwandiko rubisaba rwerekana aho ubwo bucuruzi buzakorerwa Inzu y’ibagiro Icyobo yo gutamo imyanda Abakozi bafite imyenda yabigenewe n’ibikoresho Abakozi bapimwa indwara zanduza Kwishyura ipatanti mbere yo gutangira Impapuro AMAFARANGA YISHYURWA Amafaranga agomba gutangwan’Umreng e yo kujya kuri terrain IGIHE NTAREN GWA Uwo munsi
2. Gusaba Umukozi gutererw ushinzwe a intanga ubworozi amatung o Inka yarinze Amafaranga Uwo y’urugendo munsi Kugura rwa muganga intanga muri RAB, w’amatungo uretse iza aho bikenewe, kugura intanga Girinka zitererwa ubuntu 3. Gukingiz Umukozi a ushinzwe amatung ubworozi o Kwishyura inkingo bitewe n’ubwoko bwazo Amafaranga yishyurwa kuri buri tungo bitewe n’ubwoko by’urukingo Mu cyumwe ru kimwe
SERIVISE ZITANGIRWA KU KARERE K’UMUJYI(GASABO )
SERIVISE ITANGWA UMUK OZI UBISHI NZWE 1. Kugaban Umuko yamo zi ibice ushinz ikibanza/i we sambu ubutak a - • ONE STOP CENTER - Ubutaka IBISABWA AMAFAR IGIHE ANGA NTARENG YISHYUR WA WA Ibyangombwa by’ubutaka busabirwa 10, 000 Uwo munsi. kugabanywamo ibice Frw Icyangomb Ifishi y’ubutaka (Fiche Cadastrale) y‘Igishush wa yemejwe n’umukuru w’Ibiro anyo kiboneka by’Ubutaka by’Akarere kuri buri gice cy’ubutaka mu cy’ubutaka busabirwa kugabanyamo ku byumweru ibice rupapuro 1 2 Raporo y’ipimwa ry’ubutaka (deed yashyizweho umukono na plan). nyir’ubutaka, abo bahana imbibi, 5, 000 Frw umukozi wapimye ubutaka kuri buri n’umuyobozi w’Akagari k’aho cyangomb ubutaka buherereye. wa
2. Guhuz a ubutak a Umuk ozi ushin zwe ubuta ka - Ibyangombwa by’ubutaka busabirwa guhuzwa Ifishi y’ubutaka (Fiche Cadastrale) yemejwe n'umukuru w'ibiro by'ubutaka ikomatanya ibice by’ubutaka bisabirwa guhuzwa Raporo y’ipimwa ry’ubutaka yashyizweho umukono na nyir’ubutaka, abo bahana imbibi, umukozi wapimye ubutaka n’umuyobozi w’Akagari k’aho ubutaka buherereye 10, 000 Frw y‘Igishus hanyo cy’ubuta ka (deed plan). 5, 000 Frw kuri buri cyango mbwa cy’ubuta ka gishya Uwo munsi. Icyango mbwa kiboneka mu byumwer u 2
3. Gukos ora imbibi cyang wa ubuso bw‘ub utaka Umuk ozi ushin zwe ubuta ka - Ibyangombwa by’ubutaka busabirwa gukosorerwa imbibi cyangwa ubuso Ifishi y’ubutaka (Fiche Cadastrale) yemejwe n'umukuru w'ibiro by'ubutaka ikomatanya ibice by’ubutaka bisabirwa gukosorerwa imbibi cyangwa ubuso Raporo y’ipimwa ry’ubutaka yashyizweho umukono na nyir’ubutaka, abo bahana imbibi, umukozi wapimye ubutaka n’umuyobozi w’Akagari k’aho ubutaka buherereye 10, 000 Frw y‘Igishu shanyo cy’ubuta ka (deed plan). 5, 000 Frw kuri buri cyango mbwa cy’ubuta ka gishya Uwo munsi. Icyango mbwa kiboneka mu byumwer u 2 (iminsi 21)
4. Guhind uza ibyang ombwa byatanz we hashin giwe ku matege ko ya kera hagata ngwa ibishin giye ku matege ko mashya Umuk ozi ushin zwe ubuta ka - - Kopi y’ibiranga usaba Ntayo Icyemezo cy’uko washyingiwe/Icyemezo cy’uko uri ingaragu Ibyangombwa by'ubutaka bisabirwa guhindurwa 1 Icyemezo cy’agateganyo gihabwa uwabaruje ubutaka/inyandiko yemeza nimero ubutaka bwabaruweho Ifishi y'ubutaka (Fiche cadastrale) yemewe n’Akarere mu gihe usaba adafite icyemezo cy’agateganyo cyangwa inyandiko yemeza nimero y’ubutaka. Uwo munsi. Icyangom bwa kiboneka mu byumwer u 2
5. Guhindu ra ubukode buramby e bukaba inkonda butaka cyangwa inkonda butaka ngenank omyi Umuko zi ushinz we ubutak a - - Ibyangombwa by'ubutaka Ntay Icyemezo cy'uburenganzira bwo kubaka o Icyemezo cy’igenzura kigaragaza ko imyubakire yakurikije ibyari biteganyijwe Icyemezo gitanga uburenganzira bwo gukoresha cyangwa gutura mu nyubako(ku basaba inkondabutaka) Icyemezo ko nibura ½ cy’ibyari byemewe kubakwa byubatswe (Ku basaba inkondabutaka ngenankomyi ) Ifishi y'ubutaka (Fiche Cadastrale) yemejwe n’umukuru w'ibiro by'ubutaka by'Akarere. Inyandiko y’ubumvikane yakorewe imbereya Noteri igaragaza imigabane buri muntu afite mu gihe mu bagomba kwandikwa k’ubutaka harimo abanyamahanga bafatanyije ubutaka n’Abanyarwanda cyangwa iyo ari isosiyete y’ubucuruzi, Umuryango cyangwa ishyirahamwe bifite ubuzima gatozi abanyamahanga bafitemo imigabane Uwo munsi. Icyango mbwa kiboneka mu byumwer u 2
6. Gukos ora cyang wa guhind ura amaku ru ku bantu bandit se ku butaka Umuk ozi ushin zwe ubuta ka - Kopi y’ibiranga nyir’ubutaka Ntayo Iyo hasabwa guhindura izina, kopi y’Igazeti ya Leta igaragaza guhindura izina Iyo hasabwa guhindura aderesi: icyemezo kigaragaza ko umuntu yahinduye aho atuye gitangwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge w’aho abarizwa Ibyangombwa by'ubutaka Uwo munsi. Icyango mbwa kiboneka mu byumwer u 2
7. Gukosor a cyangw a guhindu ra amakuru ku ishyirah amwe rifite ubuzima gatozi ryandits e ku butaka Umuk ozi ushinz we ubuta ka - - - Kopi y’ibiranga nyir’ubutaka Ntayo (registration certificate) Iyo ari ihinduka rya sosiyete y’ubucuruzi: inyandikomvugo y’inama rusange ya sosiyete yemeza iryo hinduka kimwe n’icyemezo cy’iyandikisha rya sosiyete nshya Iyo ari imiryango nyarwanda itegamiye kuri leta n’imiryango idaharanira inyungu: icyemezo cy’iyandikisha ry’umuryango gitangwa n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiyoborere myiza. Iyo ari imiryango mpuzamahanga itegamiye kuri Leta: icyemezo cy’iyandikisha gitangwa n’Ubuyobozi Bukuru bushinzwe Abinjira n’Abasohoka Iyo ari ishyirahamwe riharanira inyungu z’umurimo cyangwa umwuga: itegeko rishyiraho iryo shyirahamwe Uwo munsi. Icyangom bwa kiboneka mu byumweru 2
8. Kwandiki sha ubutaka ku ishyiraha mwe ry’abasa ngiye ubureng anzira mu isangira mutungo ku nyubako (condom inium associati on) Umuko zi ushinz we ubutak a - Ibiranga ishyirahamwe (hamwe n’igazeti ya Leta yasohotsemo ubuzimagatozi bw’ishyirahamwe) cyangwa Ibiranga urwego rwa Leta rufite mu nshingano zarwo guteza imbere imiturire Ibyangombwa by'ubutaka Ibipimo by’ibice by’isangiramutungo (condominium Units), ibice rusange n’imigabane y’abagize ishyirahamwe ry’isangiramutungo ku nyubako 5, 000 Frw kuri buri cyango mbwa cy’ubuta ka gishya
9. Kwand ikisha igice cy’inyu bako (condo minium unit)kir i muisan giramu tungo ku nyubak o Umuk ozi ushin zwe ubuta ka - - Kopi y’ibiranga usaba Icyemezo cyo kuba washyingiwe/Icyemezo cy’uko uri ingaragu cy’uwaguze Inyandiko itanzwe n’Ishyirahamwe ry’abasangiye inyubako yemeza uburenganzira mu isangiramutungo (Proof of ownership from Association of Owners) Ibipimo by’igice cy’inyubako kiri mu isangiramutungo (condominium Units) hamwe n’ibice rusange bisabirwa kwandikwa Ibyangombwa by'ubutaka buriho isangiramutungo ku nyubako 5, 000 Frw kuri buri cyangom bwa cy’ubuta ka gishya Uwo munsi. Icyango mbwa kiboneka mu byumwer u 2
10. Iherere kanya ry’ubur enganz ira ry’igice cy’isan giramu tungo ku nyubak o (condo minium unit) Umuk ozi ushin zwe ubuta ka - - - Kopi y’ibiranga abarebwa n’ihererekanya ry’uburenganzira Icyemezo cyo kuba washyingiwe/Icyemezo cy’uko uri ingaragu cy’uwaguze Amasezerano y’ihererekanya ry’uburenganzira ku gice cy’isangiramutungo ku nyubako yakorewe imbere ya noteri w’ubutaka Ibyangombwa by'ibice by’isangiramutungo w’inyubako (Condominium Unit) Inyandiko itanzwe n’Ishyirahamwe ry’abasangiye inyubako yemeza uburenganzira mu isangiramutungo (Proof of ownership from Association of 5, 000 Frw kuri buri cyangom bwa cy’ubuta ka gishya Uwo munsi. Icyango mbwa kiboneka mu byumwer u 2
11. Gukosora Umukozi amakuru muri ushinzwe regisitiri ubutaka y’ubutaka (amazina yanditse nabi, inimero y’irangamunt u, . . . ) 12. Iyandikwa Umukozi ry’amakuruushinzwe nyongera ubutaka (annotation) muri regisitiri y’ubutaka, . . . ) - - Kopi y’ibiranga nyir’ubutaka Ibyangombwa by'ubutaka Kuzuza form yabugenewe gukosoza ID izina Ntayo Kopi y’ibiranga usaba Ntayo Icyemezo cy’uko washyingiwe/Icyeme zo cy’uko uri ingaragu Icyemezo cy’urukiko cyangwa cy’Ubuyobozi kigaragaza amakurunyongera cyangwa Uwo munsi. Icyango mbwa kiboneka mu byumwer u 2 Uwo munsi. Icyangom bwa kiboneka mu byumwer u 2
13. Gusimb ura ibyango mbwa by’ubut aka bisimbu ra ibyatak aye, ibyangi ritse, ibyahiy e cyangw a ibyatwa we n’ibiza Umuk ozi ushin zwe ubuta ka - - - Iyo ibyangombwa by'ubutaka byatakaye: Ntayo Inyandiko y’indahiro (affidavit) yakorewe imbere Copy ID ya noteri w’ubutaka w’aho ubutaka buherereye n'ikimenyetso kigaragaza ko hashize nibura ibyumweru bibiri atanze itangazo ryo kubirangisha kuri imwe mu maradiyo yumvwa cyane mu Rwanda cyangwa muri kimwe mu binyamakuru bisomwa cyane mu Rwanda Facture yishyuriyeho itangazo Iyo ibyangombwa by'ubutaka byangiritse ku buryo bibasha kugaragazwa: Umwimerere w'ibyangombwa by'ubutaka byangiritse Iyo ibyangombwa by'ubutakabyangiritse ku buryo bitabasha kugaragazwa: Inyandiko y’indahiro (affidavit) yakorewe imbere ya noteri w’ubutaka w’aho ubutaka buherereye Iyo ibyangombwa by'ubutaka byahiye cyangwa byatwawe n’ibiza: Inyandiko y’indahiro(affidavit) yakorewe imbere ya noteri w’ubutaka w’aho ubutaka buherereye hashingiwe ku cyemezo cy’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari k’aho usaba atuye Uwo munsi. Icyang ombwa kibone ka mu byum weru 2
14. Guhindu za icyo ubutaka bwagene we gukoresh wa 15. Gusaba guhabwa ibyango mbwa by’ubuta ka ku butaka Leta yagurishi je cyangwa yatanze Umuk ozi ushin zwe ubuta ka Ibyangombwa by'ubutaka Uruhushya rwo guhindura icyo ubutaka bwagenewe gukoreshwa rutangwa n’Umuyobozibw’Akarere cyangwa undi mukozi w'Akarere yabihereye ububasha hakurikijwe igishushanyo mbonera Umuk ozi ushin zwe ubuta ka Kopi y’ibiranga uwaguze/abaguze cyangwa uwahawe/abahawe ubutaka Icyemezo cyo kuba washyingiwe/Icyemezo cy’uko uri ingaragu Amasezerano y’ubugure cyangwa y’impano wagiranye na Leta cyangwa icyemezo cy’Inama y’abaminisitiri gitanga ubutaka Inkondabutaka yahawe Leta Iyo nta nkondabutaka yatanzwe: Inyandiko yemeza nimero y’ubutaka (UPI) iyo izwi cyangwa Ifishi y'ubutaka (Fiche Cadastrale) yemejwe n'umukuru w'ibiro by’ubutaka by'Akarere na raporo y’ipimwa ry’ubutaka yashyizweho umukono na nyir’ubutaka, abo bahana imbibi, umukozi wapimye ubutaka n’umuyobozi w’Akagari k’aho ubutaka - Ntayo cyangom bwa cy’ubuta ka gishya Uwo munsi. Icyangomb wa kiboneka mu byumweru 2 27, 000 Uwo munsi. Frw Icyangomb (20, 000 wa kiboneka Frw mu y’ihererek byumweru 2 anya, 5, 000 Frw y’icyango mbwa gishya na 2, 000 Frw ya Noteri) yishyurwa kuri konti y’Akarere.
16. Gusa ba konge ra cyang wa kuvan a abafit e ubure nganz ira ku butak a muri rejisiti ri y’ubut aka Um uko zi ush inz we ubu taka - - Kopi y’ibiranga nyir’ubutaka Ntayo Iyo hasabwa kongera bitewe n’ubushyingirwe, icyemezo cy’uko nyir’ubutaka yashyingiwe Iyo hasabwa kongera bitewe n’indi mpamvu, inyandiko yakorewe imbere ya noteri mu by’ubutaka igaragaza imigabane ba nyir’ubutaka bagomba kugira Iyo ari ukuvana muri regisitiri y’ubutaka, inyandiko yakorewe imbere ya noteri mu by’ubutaka yemeza ko umwe cyangwa benshi bavanwa muri rejisitiri y’ubutaka Iyo ari ukuvana umuntu muri rejisitiri y’ubutaka kubera ko uwo bari barashyingiranywe yitabye Imana: icyemezo cy’uko ari ingaragu cy’usigaye hamwe n’icyemezo cy’uko uwo bashyingiranywe yitabye Imana cyangwa icyemezo cy'urukiko cyemeza ko usigaye yandikwaho ubutaka Iyo ari ukuvana umuntu muri rejisitiri y’ubutaka kubera ko amasezerano yo gushyingirwa yasheshwe n’ubutane, icyemezo cy’urukiko cyemeza ubutane giherekejwe n’irangiza rubanza, cyangwa inyandiko igaragaza amasezerano Uwo munsi. Icyang ombwa kibone ka mu byumw eru 2
17. Gusaba gukurah o amakim birane/g uhabwa ibyango mbwa byari mu makimb irane mu gihe yakemu tse Umuk ozi ushin zwe ubuta ka - - Kopi y’ibiranga /abasaba ko Ntay amakimbirane akurwaho o Icyemezo cyo kuba warashyingiwe/Icyemezo cy’uko uri ingaragu (mu gihe usaba atari we wanditse ku butaka) Icyemezo cy’urukiko kiriho kashe mpuruza n’inyandikomvugo y’irangizarubanza cyangwa inyandiko yashyizweho umukono n’abari bafitanye amakimbirane yemejwe n’ubuyobozi bw’Umurenge bw’aho ubutaka buherereye mu gihe habaye ubwumvikane. Ibyangombwa by’ubutaka mu gihe hari haratanzwe ibyangombwa uwatsinze atari we wanditse ku butaka (Iyo uwatsinzwe atagize ubushake bwo kubisubiza umuhesha w'inkiko abigaragaza mu Uwo munsi. Icyangom bwa kiboneka mu byumwer u 2
18. Gusaba Umuk igishus ozi hanyo ushin cy’ zwe ikibanza ubuta (deed ka plan) Kopi y’icyangombwa cy’ubutaka. Iyo ari gusaba icyangombwa cy’ubutaka ubwacyo, werekana icyemezo cy’uko ubutaka ari ubwawe gitangwa n‘umurenge. Numero ya telefoni ubonekaho n’igihe, cyangwa urwandiko rusaba. 10. 000 Frw y’igishus hanyo cy’ubuta ka (deedpla n) 19. Gutang Umuk - Icyangombwa cy’ubutaka orijinari 2. 000 Frw - Irangamuntu y’ushaka gutanga yo a no ozi ingwate (ubutiza, n’ubuhawe) kwemeza gutiza ushinz - Incyemezo cy’uko washatse impapuro ingwate we cyangwa uri ingaragu mpamo muri ubutak z‘ubutaka banki a 20. Gukem Umuk Raporo y’uko ikibazo cyacyemuwe ku Ntayo murenge ura ozi amakim ushinz birane we ashingi ubutak ye ku a Iminsi 15 Uwo munsi Igisubizo kiboneka umunsi wo gusura
UMUK OZI SERIVISE ITANGWA UBISH INZWE 1. Gusaba Umuko uruhush zi ya rwo ushinz gushyira we ho ibikorw ibyapa a byamam remezo aza n’ibimen yetso ndangah antu • ONE STOP CENTER - Ibikorwa Remezo IBISABWA AMAFARANGA YISHYURWA Ibaruwa isaba yandikiwe akarere iherekejwe n’ibiranga icyapa (uko gikoze, ingano z’inyuguti zanditseho, aho kigomba gushyirwa, aho nyiracyo abarizwa, etc. ) Icyapa cyamamaza ibikorwa cyangwa imirimo ibyara inyungu : hagati ya 10. 000 Frw na 20. 000 Frw kuri metero kare ku mwaka kuri m 2. Iyo icyapacyamamaza ku mpande zombi, buri ruhande rwishyurirwa amahoro; Banderole yanditseho ubutumwa bumenyekanisha igikorwa: hagati ya 5. 000 Frw na 10. 000 Frw ku munsi kuri; Ibyapa byamamaza hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga: hagati ya 60. 000 IGIHE NTAR ENG WA Iminsi 3 kugez a ku byum weru 2
2. Gusa ba uruhu shya rwo kuba ka inzu Umukoz i ushinzw e ibikorwa remezo, imiturire - - - Ibaruwa isaba uburenganzira bwo kubaka yandikiwe umuyobozi w’Akarere itanga amakuru ku nzu wifuza kubaka. Kaba yarishyuye umusoro w’ubukode bw‘ubutaka Igenagaciro ka buri gikorwa kizakorerwa ku kibanza (bill of quantities) - Kopi 2; Ibishushanyo byerekana inyubako bu buryo burambuye (building plans) - kopi 3 Ifishiy’ubutaka (deed plan) Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa Fotokopi y‘ibiranga abanditse ku byangombwa - - - 20. 000 Frw: Ubuso Mu bwubakwaho minsi 2 butarengeje m 0 21 kugeza kuri m 2 100 40. 000 Frw: Ubuso bwubakwaho butarengeje m 2 100 kugeza kuri m 2 500 60. 000 Frw: Ubuso bwubakwaho burengeje m 2 500 3. 000 Frw: Extrait Cadastrale 10. 000 Frw: Gukorerwa igishushanyo cy’ubutaka (fiche cadastrale) yishyurwa mbere ukabona gukoresha ibishushanyo by’inyubako)
3. Gusaba kongere rwa igihe ku ruhushy a rwo kubaka inzu Umukozi ushinzwe ibikorwa remezo, imiturire - - Ibaruwa isaba kongererwa igihe cyo kubaka Kopi y’icyangombwa cyo kubaka Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa Fotokopi y‘indangamuntu Fotokopi y’icyangombwa cy’ubutaka; Raporo y’aho imirimo yo kubaka igeze Ifoto y‘inyubako - - - 20. 000 Frw: Ubuso Imin bwubakwaho si 15 butarengeje m 2 0 kugeza kuri m 2 100 40. 000 Frw: Ubuso bwubakwaho butarengeje m 2 100 kugeza kuri m 2 500 60. 000 Frw: Ubuso bwubakwaho burengeje m 2 500 3. 000 Frw: Extrait Cadastrale 10. 000 Frw: Gukorerwa igishushanyo cy’ubutaka (fiche cadastrale) yishyurwa mbere ukabona gukoresha ibishushanyo
4. Gusaba uruhus hya rwo kubaka umunar a w’itum anaho Umukozi Amasezerano yo ushinzwe kugura ubutaka ibikorwa cyangwa remezo icyangombwa cy‘ubutaka Igishushanyo cy’ubutaka (fiche cadastrale) Ibishushanyo byerekana inyubako bu buryo burambuye, Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa Amafaranga Imin y’amahoro yo si 15 kubaka n’ubukode bw‘ubutaka ku mwaka wa mbere. 2. 000 Frw kuri metero imwe y’ubujyejuru ku mwaka Iyo umunara ushinze ku nyubako cyangwa ikindi kintu gituma ubujyejuru bwawo bwiyongera, ubure bw’icyo umunara ushinzeho bubarirwa 1. 000 Frw kuri metero imwe y’ubujyejuru
5. Gusaba uruhushya rwo gukorera mu nyubako nshya Umukozi ushinzwe ibikorwa remezo, ushinzwe imiturire 6. Gusaba kwishyurwa serivisi ba rwiyemezam irimo bahaye Akarere Umukozi ushinzwe gukurikirana icyo gikorwa 7. Gusaba kubaka ahagurishiri zwa Umukozi ushinzwe ibikorwa remezo - Icyangombwa Ntayo cyo kubaka - Igishushanyo cy’inzu cyemejwe - Amafoto y’inzu - Icyangombwa cy‘ubutaka Wandikira Ntayo Akarere ukomekaho impapuro zishyuza ziherekejwe n’ibisabwa mu masezerano. Icyangombwa Agenwa n’Akarere cy’ubutaka Inyugo ku ngaruka ku Iminsi 15 Iminsi 3 ku Karer e
SERIVISE ITANGWA 1. Gus aba uruh ushy a rwo guc ukur a ama buye y’ag aciro cyan gwa kariy eri UMUK OZI UBISHI NZWE Umuko zi ushinz we Ibidukik ije • ONE STOP CENTER Ibidukikije IBISABWA K‘ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro: - Ibaruwa isaba yandikiwe akarere bicishijwe ku murenge - Ikarita y’aho ikirombe kiri - Inyandiko y’umushinga irambuye - Ibisobanuro birambuye ku buryo buzakoreshwa mu bucukuzi - Inyandiko irambuye isobanura uko hazabungwa ibidukikije Kuri kariyeri iri munsi ya 1 ha: - Ibaruwa isaba yandikiwe akarere bicishijwe ku murenge - Ikarita y’aho ikirombe kiri - Inyandiko y’umushinga irambuye - Inyandiko irambuye isobanura uko hazabungwa ibidukikije Kwishyura 500, 000 Frw y’ingwate asubizwa ahacukuwe hamaze gusubiranywa uko hari hameze mbere IGIHE AMAFARANGA NTAR YISHYURWA ENG WA Ubucukuzi Icyum bw’amabuye y‘agaciro weru Kurambagiza: 50. 000 1 Frw; Gukora ubushakashatsi, 100. 000 Frw; Ubucukuzi: 150. 000 Frw arihwa kuri konti ya MINIRENA. Ipatanti irihwa kuri konti y’Akarere ikabarirwa ku mafaranga yinjizwa mu mwaka. Amafaranga y’isuku. Kariyeri (1 ha cyangwa munsi): 1. Amafaranga y‘ ingano y‘ahacukurwa 2. Amafaranga y‘isuku
2. Gusaba inama ku Umukozi ushinzwe bijyanye n’ibidukikije Ibidukikije (ibishanga, ukoreshwa ry’ubutaka, mine, kariyeri, etc. ) Ntabyo Ntayo Uwo munsi AMAFARANGA YISHYURWA IGIHE NTARENG WA • Noteri SERIVISE ITANGWA UMUKO ZI UBISHI NZWE 1. Gusaba Notari gushyira w’Akare umukono ku re masezerano y’ubugure ku mitungo yimukanwa IBISABWA - Indangamuntu Ibyangombwa by’umutungo wimukanwa Amasezerano y’Ubugure asinyirwa imbere ya noteri Kwishyura amahoro asabwa Kuba uhibereye Inyandiko isaba gushyiraho umukono Indangamuntu & passport 2. 000 Frw ku Uwo munsi masezerano (ntabwo ari kuri buri rupapuro)
2. Gusaba gushyira umukono ku masezerano y’inguzanyo Nota ri w’Ak arere Amasezerano y’inguzanyo ya banki Indangamuntu Kwishyura amahoro asabwa • 3. Gusaba gushyira umukono kuri stati y’amashyiraha mwe, amakoperative n’imiryango itegamiye kuri Nota ri w’Ak arere - 2. 000 Frw ku Uwo masezerano/Kopi. Ku munsi zindi mpapuro zometse ku masezerano, (ingwate, etc. ) Attestation hatangwa 1200 Frw igaragaza kuri buri rupapuro irangamime 2500 Frw ya kopi rere isigara kwa noteri itarengeje amezi 3 Sitati 5000 Frws kugitabo Iminsi 3 Abanyamuryang o bose bagomba kuba bahari Kwishyura amahoro asabwa Ibyangombwa bibaranga
4. Kugira inama abaturage mu by‘amatege ko Notari Bordereau 1500 Frws/copi w’Aka bishyuriyeho rere Impaturo y’ikimuranga copi Uwo munsi 5. Kwemeza inyandiko mpamo Notari Impapuro 1, 500 Frw kuri kopi w’Akar w’umwimerere na imwe ere kopi zazo Dossier Uwo munsi 6. Gukurikiran Notari Inyandiko a imanza w’Akar ihamagaza mu z’Akarere rukiko/icyemezo cy‘urukiko Ntayo Biterwa n’iko ikibazo giteye
• Ubugenzuzi bw’Imirimo SERIVISE ITANGWA 1. Kwakira no gukemura amakimbi rane ashingiye ku murimo ku bikorera UMUK OZI UBISHI NZWE IBISABWA AMAFARANGA IGIHE YISHYURWA NTARENG WA Umuge Amasezerano Ntayo nzuzi y’akazi w‘Imiri mo Icyumweru kimwe
2. 3. Icyemezo cyo gukatwa amafaranga arenze kimwe cya gatatu ategangwa n’itegeko (icyemezo kigaragaza ko sosiete idafite abakozi) (a qui de droit) Gusaba icyangombw a cyo kutagira umukozi (sosiyete idafite abakozi) Umugenz uzi w‘Imirim o Inama ku bijyanye n’umurimo Umugenz Ntabyo uzi w‘Imirimo Ubaza ku Uwo munsi karere amafarang a asabwa Icyemezo cyo kutumvikana hagati y’umukozi n’umukoresha (PV de non conciliation) Ntayo Uwo munsi
• Koperative SERIVISE ITANGWA 1. Guhabw a icyemez o cya koperati ve IBISABWA Idosiye isaba yagenzuwe kandi ikemerwa n’Umurenge AMAFARANGA YISHYURWA IGIHE NTARENGWA Amafaranga Icyumeru 1 kugera kuri 2 ku asabwa atangirwa cyangombwa cy‘agateganyo ku murenge Ukwezi 1 ku cyangombwa cya burundi gitangwa na RCA • Kwakira Imisoro n’Amahoro
SERIVISE ITANGWA 1. 2. Gusaba gusubizwa amafarang a y’ikirenga ku musoro Guhabwa amakuru ku misoro n'uko ibarwa UMUKOZI UBISHINZW E IBISABWA Umuyobozi Ibaruwa yandikiwe Ushinzwe Umuyobozi w’Akarere Impapuro za banki Imari wishyuriyeho Indangamuntu Umukozi ushinzwe kwakira imisoro n’amahoro ku karere AMAFARA IGIHE NGA NTARENG YISHYUR WA WA Ntayo Ipatanti: Ntayo - Kumenyekanisha aho ukorera n’imirimo ukora Umusoro ku mitungo: - Ibyangombwa by’umutungo Umusoro ku bukode: - Umasezerano y’ubukode - Amasezerano Iminsi 15 Uwo munsi
3. Guhabwa impapuro zakatiweho imisoro ya RRA 4. Kwakira impapuro 5. Gusaba kwishyura mu bice Umucungam Amasezerano wagiranye Ntayo ari w‘akarere n’inyemezabuguzi wishyuriweho Uwo munsi Umucungama Amasezerano wagiranye ri w‘akarere n’inyemezabuguzi wishyuriweho Ntayo Uwo munsi Kuzuza impapuro zibarirwaho Ntayo umusoro Kwishyura nibura 25% by’umusoro usabwa Urwandiko rusaba kwishyura mu bice rwandikiwe akarere Uwo munsi Umukozi ushinzwe kwakira imisoro n’amahoro ku karere 6. Kwishyuza Umukozi ubukode ku ushinzwe mitungo kwakira y’Akarere imisoro n’amahoro ku karere 7. Kwakira Umwakirizi impapuro w’imisoro Amasezerano y‘ubukode Amafaranga Uwo munsi avugwa mu masezerano Impapuro za Bank Ntayo Uwo munsi
SERIVISE ITANGWA 1. • Imari n’Amasoko ya Leta UMUKOZ I UBISHIN ZWE Guhabwa Umukozi ibitabo ushinzwe by'ipiganwa amasoko a IBISABWA AMAFARA IGIHE NGA NTAREN YISHYUR GWA WA Isoko rigomba kuba Amafarang Uwo ryaratangajwe ku a y’igitabo munsi mugaragaro cy’isoko Kwishyura amafaranga avugwa y’igitabo cy’isoko kutarenza amafara 100/page mw’itangaz o rihamagara abashaka gupiganwa
2. 3. 4. 5. Kwakira inyandiko z’ipiganwa Umukozi Kuba waraguze igitabo ushinzwe cy’isoko amasoko Kubahiriza isaha n’italiki Ntayo yavuzwe mu itangazo Kumenyesh Umukozi Kuba waratanze inyandiko Ntayo a ushinzwe ipiganirwa isoko ku gihe abapiganwe amasoko ikacyirwa n’Akarere ibyavuye mu isesengura ry‘ipiganwa ry’amasoko Gusinyisha Umukozi Kuba waratsindiye isoko Ntayo amasezeran ushinzwe kandi ugahabwa urwandiko ruguhamagarira kuza o ku amasoko gusinya amasezerano, batsindiye kandi ugatanga garanti iyo amasoko isabwa. Gutanga Umukozi Kuba warangije imirimo Ntayo icyangombw ushinzwe yose iri mu masezerano y’isoko kandi warubahirihe a cyo amasoko ibisabwa byose. Byemejwe kurangiza Uwo munsi Iminsi 21 nyuma yo gufungur a isoko Uwo munsi ku itariki yemejwe Uwo munsi
• Ubworozi SERIVISE ITANGWA 1. Guhab wa icyeme zo cyo kwimur a amatun go UMUKOZI UBISHINZ WE IBISABWA Umukozi ushinzwe ubuvuzi bw’amatun go - AMAFARANG IGIHE A YISHYURWA NTAREN GWA Icyemezo cy’umurenge Hagati ya kiriho ibiranga itungo 1. 500 Frw na (ubwoko, umyaka, ibara, 5. 000 Frw. igitsina, etc. ), nyiraryo, aho riva n’aho rijya, ubryo bwo kuritwara (imodoka na plaque zayo) Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa Indangamuntu ya nyiraryo Uwo munsi
2. 3. 4. Guhabw a icyemez o cyo gutwara ibikomo ka ku matung o hagati mu gihugu Guhabw a inama ku mushin ga w'ubwor ozi Kugenz ura Umukozi ushinzwe ubuvuzi bw’amatun go - Icyemezo cy’umurenge Hagati ya kiriho ibiranga 1. 500 Frw na ibikomoka ku matungo 5. 000 Frw. (ubwoko, ingano, etc. ), nyirabyo, aho biva n’aho bijyanywe, uburyo bwo kuritwara (imodoka na plaque zayo) Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa Indangamuntu ya nyirabyo Uwo munsi Umukozi Ibaruwa isobanura uko ushinzwe umushinga uteye, nyirawo, ubuvuzi aho ukorerwa, etc. bw’amatung o Ntayo Umukozi ushinzwe Hacibwa Uwo ibihano iyo hari munsi Uruhushya rwo kugurisha inyama n’ibikomoka ku Uwo munsi
• Ubuhinzi SERIVISE ITANGWA 1. Agro Umukozi Dealer bo ushinzwe mumuren ubuhinzi ge -Inama 2. Guhabwa Umukozi ubufasha ushinzwe ku ubuhinzi mushinga w'ubuhin zi IBISABWA AMAFARANGA YISHYURWA IGIHE NTARENG WA Kuba mu itsinda Inyongeramusaruro Uwo munsi rya Twigiremuhinzi zishyurwa kwa rigomba guhinga n’umuhinzi 50% „agrodealer igihingwa by’agaciro kazo. Ku “ cyatoranijwe mbuto umuhinzi atanga 25%. Amafaranga ahabwa agrodealer Ntabyo Ntayo Uwo munsi
• Amashyamba UMUKOZI UBISHINZ WE Gutanga Umukozi uburenga ushinzwe nzira bwo amashyam gusarura ba ishyamba => Ha 2 Guhabwa Umukozi uburenga ushinzwe nzira bwo amashyam gutwara ba ibikomok a ku mashyam ba SERIVISE ITANGWA 1. 2. AMAFARAN IGIHE IBISABWA GA NTARENG YISHYURWA WA Urwandiko rusaba Ntayo Uwo munsi Icyangombwa cy’ubutaka nyuma yo Ku mashyamba ari hagati ya 1 gusurwa -2 ha Akarere gatanga inama gusa ku buryo bwo gusarura. - - Ubisaba agomba kuba 1. 000 Frw afite icyangombwa cyo kuri toni gusarura. Iyo ari ibyaguzwe, nyir’ukubigurisha aha ubiguze kopi y’iruhushya rwo gusarura Uruhushya rumara amezi atatu kandi rugakoreshwa gusa ku bikomoka ku Uwo munsi
• Uburezi SERIVISE ITANGWA 1. 2. 3. Gusaba uruhushya rwo gufungura ikigo cy’amash uri Gusaba guhindurir wa ikigo cy’ishuri Gusaba akazi k’ubwarim IBISABWA Umukozi ushinzwe uburezi Inyandiko ibisaba yemejwe n’Umurenge Inyandiko y‘umushinga irambuye Umukozi ushinzwe uburezi Ibaruwa isaba Inyemezamanota y’ikigo wigamo Umukozi ushinzwe uburezi - AMAF ARAN IGIHE GA NTARENG YISHY WA URW A Ntayo Iminsi 15 Ntayo Biterwa n’imyanya ihari Urwandiko (kopi) rubisaba Ntayo Icyumweru Impamyabumenyi kimwe Ifishi yujuje ya Komisiyo y’abakozi ba kugeza ku
4. Gusaba inkunga y’uburezi Umukozi ushinzwe uburezi - 5. 6. Icyemezo cyo kuba warize gusoma no kwandika Kwakira abakeneye amakuru kw’ibaruris hamibare ry'uburezi Urwandiko rubisaba ruriho umukono w’Umurenge Icyemezo cy’uko utishoboye Indangamanota yatanzwe n’ishuri wigamo Ntayo Icyumwe ru kimwe Umukozi ushinzwe uburezi Urwandiko rusaba Ntayo Urutonde rw’abantu barangije amahugurwa yo gusoma no kwandika Uwo munsi Umukozi ushinzwe uburezi Ibaruwa isaba yanditswe Ntayo n’ikigo isabira uwo muntu amakuru y’ibarurishamibare ku burezi Uwo munsi
• Ubuzima SERIVISE ITANGWA 1. Gusab a kweme rerwa gukora ubuvuz i bwa gakond o UMUK OZI UBISHI NZWE IBISABWA Umuko zi ushinz we ubuzim a - AMAFAR IGIHE ANGA NTARE YISHYUR NGWA WA Icyemezo cy‘urugaga rw‘abavuzi gakondo Ntayo kiriho umukono w‘abantu 10 yavuye gisinyweho n‘Ubuyobozi kuva k‘Umudugudu kugeza k‘Umurenge Icyemezo gitangwa na NIRDA kigaragaza amoko y‘ibyatsi bizakoreshwa Icyemezo gitangwa n’Umurenge n’Akagari Umudugudu uzakoreramo Umuyobozi w’Akarera asinya ku ibaruwa isaba muri MINISANTE Iminsi 15
2. Gusa ba gufun gura ivurir o ryige nga/ Dispensai re : Abaforom o Clinic : Abaganga Umuk ozi ushin zwe ubuzi ma - Kuba wanditse mu rugaga Ntayo rw’abaganga/ Abaforomo Ibaruwa yandikiwe Minisitiri w’Ubuzima iriho umukono z’umuyobozi w’Akarere (souscouvert) Kwerekana umuganga muzakorana wabyize Kuba wanditse muri RDB CV irambuye Indangamuntu Kopi y’impamyabumenyi Kwerekana aho uzakorera (umurenge, akagari) Abakozi ntibagomba kuba ari abakozi ba Leta Icyemezo cyo kuba utarafunzwe Imins i 15
3. Gusa ba gufun gura farum asi Umuk ozi ushin zwe ubuzi ma - - Ibaruwa yandikiwe Minisiteri w’Ubuzima iriho umukono w’umuyobozi w’Akarere (souscouvert) Indangamuntu Kuba wanditse mu rugaga rw’abanyamafarumasi Kuba wanditse muri RDB CV irambuye Indangamuntu Kwerekana aho uzakorera (umurenge, akagari) Kopi y’impamyabumenyi muri farumasi y’umuntu uzakorera muri iyo farumasi Indahiro y’umunyafarumasi (uhereye ku nyandiko ya minisiteri y’Ubuzima Icyemezo gitangwa na MINISANTE Ntayo Imins i 15
• Isuku SERIVISE UMUKOZI ITANGWA UBISHINZW E 1. Gutanga Umukozi icyangomb ushinzwe wa cyo isuku gufungura restaurent IBISABWA - Inyandiko isaba gutangiza restaurent, Bar, Dairy , Boucherie, Atelier de soudure AMAFAR IGIHE ANGA NTARE YISHYUR NGWA WA Ntayo Iminsi 3
• Ubuyobozi bw’Imirimo n’Abakozi SERIVISE ITANGWA 1. UMUKOZI UBISHINZ WE IBISABWA Kubara Umukozi Urwandiko rubisaba no ushinzwe gutanga abakozi ibirarane by‘amash imwe AMAFA IGIHE RANGA NTAREN YISHYU GWA RWA Ntayo Iminsi 3
2. Kubara no Umukozi gutanga ushinzwe imperekez abakozi a - - 3. Kubara no Umukozi gutanga ushinzwe impozamar abakozi ira - Urwandiko rubisaba, Ntayo Ibyemezo by’aho wakoze n’igihe wahamaze, Abakozi bashobora kuzana amakuru yo muri RSSB iyo badashobora abakoresha babo ba mbere batabonetse. Nomero ya konti Iyo konti yahindutse, icyemezo cyo kutabamo umwenda wa banki yari ifite konti wahemberwagaho Icyemezo cy’urupfu Ntayo Ibaruwa isaba Icyemezo cyo gushyingirwa Icyemezo cy’urukiko cyerekana umuzungura Iminsi 3
4. Guhabwa Umukozi Urwandiko rubisaba ibyango ushinzwe mbwa abakozi binyuran ye Ntayo 5. Guhabwa Umukozi Ntabyo ibendera ushinzwe ry'igihug logistic u 30. 000 Uwo Frw munsi Iminsi 3
• Imiyoborere Myiza SERIVISE ITANGWA IBISABWA 1. Gutega amatwi ufite ikibazo Ushinzwe Inzandiko z’imyanzuro Imiyoborere yafashwe n’izindi nzego Myiza kuri icyo kibazo. 2. Gutanga ibyangombwa cy’ubufatanye PS/JADF Inyandiko isaba icyangombwa cy’ubufatanye AMAFA IGIHE RANGA NTAREN YISHYU GWA RWA Ntayo Uwo munsi Ntayo Iminsi 3
MURAKOZE
- Slides: 91